Diane Uwiringiyimana w’imyaka 20 y’amavuko, ni umukobwa uvuka mu karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo. Ntiyabashije gukomeza amashuri ye kuko yagarukiye mu mwaka wa Gatatu w’ayisumbuye, kuba nyina ari umukene naho Se akaba yaramwanze we na basaza be babiri, bikaba ari yo mbogamizi yatumye atarangiza kwiga n’ubwo yari umuhanga mu ishuri. Ubu akora akazi ko...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Utuntu n’utundi</span>
Umunyamakuru Phocas Ndayizera yise ibimenyetso by’ubushinjacyaha ko ari ikinamico:INKURU>>
Phocas Ndayizera uregwa ibyaha birimo iterabwoba yireguye ahakana ibyaha ashinjwa abishingira ko ibimenyetso ubushinjacyaha bwatanze birimo amajwi yumvikanamo umugambi wo kwangiza ibikorwaremezo ari ibinyoma. Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipika ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwasubukuye urubanza ruregwamo umunyamakuru Phocas Ndayizera n’abagenzi be 13. Mu iburanisha riheruka kuba kuwa 18 Nzeri...
Uwari myugariro wa Rayon Sports yinjiye byeruye mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda:INKURU
Nshiyimimana Iddi wamenyekanye nk’umukinnyi ukina mu b’inyuma mu ikipe ya Rayon Sports ndetse n’ikipe y’iwabo ku ivuko mu karere ka Rubavu ya Etincelles, amaze igihe agaragara nk’uwinjiye byeruye mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse anakunda kujya ku mbuga nkoranyambaga asebya ubutegetsi bw’u Rwanda. Nshiyimimana Iddi yamenyekanye bwa mbere muri Etincelles aza kuyivamo ajya muri...
Noneho Inyeshyamba za Red-Tabara zemeje ko abarwanyi bazo bafatiwe mu Rwanda:INKURU>>
Umutwe w’inyeshyamba wa Red-Tabara zirwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wemeza ko abarwanyi berekanywe uyu munsi kuwa mbere mu Rwanda ari abawo bahafatiwe ’bayobye’. Muri weekend, igisirikare cy’u Rwanda cyavuze ko cyafatiye ku butaka bw’u Rwanda abarwanyi ba Red-tabara, uyu munsi beretswe itsinda ry’abasirikare bo mu karere bagenzura ibibazo byo ku mipaka (EJVM). Itangazo ry’igisirikare cy’u Rwanda...
Umupolice uzwi nka Derek Chauvin wishe George Floyd yafunguwe atanze ingwate ya miliyoni ya madollar:INKURU
Uwahoze ari umupolisi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika uregwa kwica George Floyd, umwirabura w’Umunyamerika utari witwaje intwaro, yafunguwe arishye amafaranga y’ingwate. Derek Chauvin yarishye ingwate ya miliyoni imwe y’amadolari y’Amerika (arenga miliyoni 970 mu mafaranga y’u Rwanda). Yarekuwe ejo ku wa gatatu mu gitondo nkuko inyandiko z’urukiko zibigaragaza. Uwo mupolisi w’umuzungu yafashwe videwo arimo gutsikamiza...
Ba bagabo bafite uburwayi bw’amayobera bageze i Kigali, ibyo bakorewe byabarenze:AMAFOTO>>
Munyentwari Eugene n’umuvandimwe we Karekezi Bernard, ni abavandimwe bamaze imyaka irenga 30 bafite uburwayi bw’amayobera ku mubiri wose. Nyuma y’inkuru twabagejejeho igakora benshi ku mutima, abagiraneza bishyize hamwe biyemeza kubafasha uko bashoboye, icya mbere bakoze kikaba ari ukubageza mu mujyi wa Kigali aho bageze kuri uyu wa Gatatu bahita banabonana na muganga. Bivugira ko nabo...
Umusore David Shukuru Mbuyi bivugwa ko yafashe amashusho y’abakobwa bambaye ubusa yarashwe apfa:INKURU
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko umusore wakekwagaho gucuruza abakobwa yarashwe agerageza gutoroka Station ya Polisi ya Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali aho yari afungiye akekwaho ibyaha birimo iby’icuruzwa ry’abantu. Uyu musore w’imyaka 25 , yitwa David Shukuru Mbuyi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, niwe washyizwe mu majwi ashinjwa n’abana b’abakobwa bari hagati...
Umukobwa w’ikizungerezi wavugwaga mu rukundo na Diamond Platinumz yashize amabanga akomeye hanze yose:INKURU
Umukobwa w’umunyamideli, Jihan Dimack byavugwaga ko ari mu rukundo n’umuhanzi Diamond Platnumz, yatanguranye ubwo yatangaza ko yahakanaga ibyo gukundana n’uyu muhanzi gusa avuga ko nta mukunzi afite kandi ko we n’uyu muhanzi ari inshuti zisanzwe ariko nta by’urukundo birimo. Ibi byaje nyuma y’uko Diamond Platnumz atangaje ko afite umukunzi mushya nyuma yo gutandukana na Tanasha...
Filme UBUTUMWA BUGUFI IGICE17 yasohotse ,Vd Abonye amabuno ya MICHOU yibagirwa Umukunzi we!! Reba Filme:
Filme ubutumwa bugufi irimo gukundwa mu banyarwanda benshi ndetse abatuye mu Rwanda no hanze y’u Rwanda uyu munsi hasohotse igice cyayo cya 17 iyi filme Nurehererekanye irimo ubutumwa buvuga ku bintu byose telefone zigendenwa ibyo zikorerwaho ibibi ni byiza bipangirwa kuri telefone. Iyi ikaba ariyo message y’umvikana muri iyi filme isohoka kabiri 2 mucyumwe iyi...
Hari urubyiruko rubyukira mu tubari rudakozwa iby’amabwiriza yo kwirinda COVID19: INKURU
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Kabarongo mu Karere ka Kayonza ntirukozwa ibyo kubahiriza amabwiriza yashyizweho ajyanye no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID19 giterwa n’agakoko gashya ka Coronavirus. Uru rubyiruko usanga mu biyobyabwenge birimo inzoga zitemewe zifite amazina nka ‘Dondubwonko’ ruba rugaragara mu gace kazwi nka mu masaha ya mugitondo abenshi muri bo basinze kandi batubahiriza...