Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yiseguye ku Banyamerika ku bw’amafoto yakwirakwiye agaragaza abasirikare bari barinze Inteko Ishinga Amategeko, Capitol, basinziriye muri parikingi y’imodoka. Ayo mafoto yakwirakwiye mu bitangazamakuru bitandukanye ku wa 21 Mutarama 2021, yagaragazaga abo basirikare bahatirwa kujya gufatira akarukuko aho imodoka ziparika hanze y’iyo nyubako, ubwo abagize Inteko Ishinga...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Umuco</span>
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Lieutenant Scovia Gwizimpundu ni Umunyarwandakazi urinda Umufasha wa Perezida wa Centrafrique witwa Tina Touadera. Gwizimpundu ari mu basirikare b’Abanyarwanda bakora mu mutwe w’Umuryango w’Abibumbye bagiye kugarura amahoro muri Centrafrique. Avuga ko mbere yo kuba umusirikare yumvaga azaba umu IT(Information Technology Expert) ariko aza guhindura ajya mu ngabo z’u Rwanda kubera gukunda Inkotanyi. Izi nkotanyi avuga...
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine wiyamamariza kuyobora Uganda, yijeje abaturage ko nibamutora igihugu cye kizongera kugendererana n’u Rwanda kugeza n’aho abaturage be bongera kurongora Abanyarwandakazi. Ibi Robert Ssentamu Kyagulanyi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo yari mu gace ka Kisoro, aho yakoreye ibikorwa byo kwiyamamaza, aho yari aherekejwe n’umugore we, Barbie Itungo, wamwamamaje...
ABA MASAI KUGEZA NUYU MUNSI BARACYASANGIRA ABAGORE NTAGUFUHA BAGIRA:INKURU>>
Uyu muco usigaye hacye muri Afurika wahoze mu migabane yose y’Isi, aho umugore yabaga ari uw’abagabo bose batuye muri ako gace. Hari aho ukuri muri Afurika y’Iburasirazuba mu gihugu cya Kenya. Mu bitwa abamasayi babiziranyeho, abagabo bari mu kigero kimwe basangira abagore. Mu bamasayi iyo umugore ashyingiranywe n’umugabo ntabwo aba ashingiranywe nawe gusa, ahubwo aba...
Reba ibihugu bitanu byo ku isi abagore bemererwa gutunga abagabo barenze umwe:INKURU>>
Nubwo mu Rwanda ubuharike butemewe,hari ibihugu byinshi ku isi byemerera abagore n’abagabo gushaka na bagenzi babo benshi kugira ngo bifashe kubyara abana benshi . Mu bihugu bimwe na bimwe,umuco wabo uvuga ko gushaka abagore benshi cyangwa abagabo benshi ari ikimenyetso cy’ubutwari ariyo mpamvu bashakana kakahava. Hari ibice bimwe na bimwe muri Afurika no muri Amerika...
Umugabo yaciye ibintu nyuma yo kugaragara ari hejuru y’ibaba ry’indege yari igiye gufata ikirere:INKURU>>>
Abashinzwe iby’indege mu gihugu cya Nigeria bari gukora iperereza k’uburyo umugabo utamenyekanye yashoboye kurira ku baba ry’indege yarigiye gufata ikirere. Ibyo byabereye ku kibuga cy’indege cya Murtala Muhammed mu mujyi wa Lagos kuwa gatanu. Video yafashwe n’umwe mu bagenzi wari muri iyo ndege yerekana abandi bagenzi bagize ubwoba basaba gusubiea hasi mu gihe...
Umukobwa werekanye amaguru ye meza ntaba yishe umuco nyarwanda aba yishe uw’ abapadiri’ – Tito Rutaremara:inkuru
Umusaza w’ inararibonye mu Rwanda Tito Rutaremara akaba n’ Umusenateri mu Nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda ntiyemeranya n’ abavuga ko umukobwa wagaragaje ibibero bye ku mbugankoranyamba aba yishe umuco wa Kinyarwanda. Umusaza w’ inararibonye mu Rwanda Tito Rutaremara akaba n’ Umusenateri mu Nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda ntiyemeranya n’ abavuga ko umukobwa wagaragaje...
Iwacu Muzika Festival: Riderman n’Igisupusupu bakoreye amateka I Rubavu (AMAFOTO)
Nyuma yo kuva i Musanze yerekanye ko amaze kwigarurira imitima y’abantu benshi muri muzika nyarwanda, Nsengiyumva Francois uzwi nk’Igisupusupu, i Rubavu yongeye kwerekana ko ari umuhanzi ukomeye, ni mu gihe Riderman yagaragaje ko rap iyoboye izindi njyana. Hari ku munsi wa kabiri w’ibitaramo by’iserukiramuco rya muzika ‘Iwacu Muzika Festival’ birimo kuzenguruka igihugu, nyuma yo kubanziriza...