Uhanzikazi uzwi nka Sunny Rwanda Umukobwa wazanye Umuvuduko udasanzwe muri muzika Nyarwanda nubwo yaririmbye kera ariko nta mahirwe yo kwa mamara yagiraga. Ariko aho amenyekaniye ni mu ndirimbo yakoranye na Bruce Melody yitwa Kungora iyo ndirimbo abantu benshi niho bamenyeye Sunny byatumye benshi batagira kumukurikirana cyane ku mbuga nkoranyambaga akoresha zose amenyekana gutyo. Uyu mukobwa...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Udushya twa Weekend</span>
ABITWA ABAMI BA INSTAGRAM MU RWANDA DORE NGABA KATE BASHABE BAMUKUYE KUROTONDE:AMAFOTO>>
ABAKOBWA BA BANYARWANDA BAMAZE KWAMAMARA KURI SOCIAL MEDIA UBU HARABONEKAMO AMASURA MASHYA MENSHI ABARI BAZWI BENSHI NKA KATE BASHABE NTA KIBONEKAMO BAGENDA BABURA HAKAZA ABANDI BURI KWEZI. ABA RERO UYU MUNSI NIBO BATITIZA INSTARGRM ZABO MUBURYO BIMENYEKANISHA BASHIRA HANZE AMAFOTO YABO CYANE MU GICE CYA 2 TUZABEREKA ABANDI NABO BATITIZA INSTAGRMA NA BASAZA BAKABASHAKISHA NGO...
NTAMISHINYIKO!! ABIGARAGAMBYA BAMANUYE ISHUSHO YA Edward Colston WACURUZAGA ABIRABURA IMAZE IMYAKA 200 IMANITSE:AMAFOTO>>
Kuri iki cyumweru abigaragambya bamagana ivangura rikorerwa abirabura yakomeje mu bihugu, imijyi n’amaleta bitandukanye. Mu Bwongereza abigaragambya baranduye igishusho kinini cy’umugabo wagize uruhare mu icuruzwa ry’abantu bajya kuyiroha bayiziritse imigozi. Intandaro y’iyi myigaragamyo yatangiriye muri Leta zunze ubumwe za Amerika igakomereza mu bihugu bitandukanye birimo n’Ubwongereza ni urupfu rw’umwirabura George Floyd wishwe ahejejwe umwuka n’umupolisi...
IMPAMBA Y’UMUNSI AMAFOTO 12 ADASANZWE YAGIYE ACICIKANA KU MBUGA ZA INTERNET NTAGUCIKE IHERE IJISHO:AMAFOTO>>
DORE IMPAMBA Y’IMUNSI TUBAHEYE ITANGIRA ICYUMWERI CYA TARIKI YA 08/06/2020/ NKUKO DUSANZWE TUBAGEZAHO AMAFOTO ABA YARANZE WEEKEND UBU TWABAZANIYE AYAKOMEJE KUGARUKA KU MBUGA ZA INTERNET ZITANDUKANYE HIRYA NO HINO KW’ISI ARIKO IGITANGAJE HARIMO ABAKOBWA BENSHI BABA NYAFRICA KURUSHA ABANDI BATUYE ISI. POSTED BY KABANDA JOSEPH KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV 9,421 total views, 12 views today
AMAFOTO 10 YA BAKOBWA BATEYE NEZA BO MURI AFRICA NTA MUNYARWANDA URIMO URETSE TANZANIA: AMAFOTO
NKUKO DUSANZWE TUBAGEZAHO AMAFOTO MENSHI AFITE UDUKORYO TUDASANZWE UBU RERO TWABAZANIYE URUTONDE RWA BAKOBWA BADASANZWE BAFITE ICYO WAKWITA UBURANGA NDETSE BANATEYE NEZA KURUSHA ABANDI BAKOBWA DUSANZWE TUZI BAKUNDA KUBONEKA KU MBUGA NKORANYA MBAGA ZA INTERNET, ARIKO ITANGAJE NTA MUNYARWANDAKAZI N’UMWE NUWAKIRAZIRA WABONAMO URETSE ABAKOBWA BA 2 BATURA MURI TANZANIA NDETSE NA KENYA ABANDI BATURUKA MU...
Ubwoba ni bwinshi: Ukuri kurajya hanze vuba: Uwariye ifaranga rya RayonSport azariryozwa RIB: INKURU HANO>>>>
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB,rwatangaje ko rwatumije bamwe mu bahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports bashinjwe na Munyakazi Sadate uyiyobora ubu ruswa no kunyereza umutungo w’ikipe. Umuvugizi wa RIB, Marie Michelle Umuhoza, yabwiye IGIHE ko hari abayobozi ba Rayon Sports barimo abigeze kuyiyobora n’uyiyobora ubu batumijweho mu iperereza ryatangiye nubwo yirinze kuvuga amazina y’abahamagajwe. Yagize ati “Yego...
Reba ibintu 3 abagore baca inyuma abagabo babo ikibikwereka:SOMA INKURU
Abantu bacana inyuma ku bw’impamvu zitandukanye, ariko muri rusange ni uko guca inyuma uwo mukundana ari bibi, impamvu iyo ariyo yose watanga ntabwo ikwiye kandi ntiyasobanura icyatumye ubikora. Niba warigeze gucibwa inyuma uzi uko bimera, uko byunvikana kuri wowe wabikorewe. Ni ukugushengura mu gihagararo no mu mitekerereze yawe ndetse no kugutesha agaciro. Niba uri umugabo...
CHARLY NA NINA BIRAVUGWA KO BABA BARATANDUKANYE BUCECE? INKURU
Mu gihe benshi mu bafana bibaza icyakomye mu nkokora ibikorwa bya Charly na Nina hakaba n’abahwihwisa ko baba baratandukanye, Nina yatangaje ko ibivugwa ari ibihuha. Indirimbo baherutse gukora ni iyitwa ‘Oroha’ imaze amezi abiri isohotse. Abo bahanzikazi bavuga ko ubu bakomeje gukora, naho ibivugwa byo gutandukana bakaba ngo batabyitayeho. Nina abajijwe uko akazi ubu barimo...
Udushya N’udukoryo bya weekend,Mu bihe bya COVID19 kw’isi hose no Mu Rwanda na Uganda:AMAFOTO>>
UDUSHYA TWARANZE WEEKEND KA DUHEREYE MU RWANDA INGAMBA ZA GUMA MURUGO ZARAKOMEJE ARIKO HOROSHWA IMIRIMO IMWE NI MWE MU RWANDA KUGEZA UYU MUNSI ABARWAYE CORONA VIRUS HAMAZE GUKIRA BENSHI NDETSE NA BARWARA UYU MUNSI NTABWO BAKIRI BENSHI TWABIBUTSE KO NTAWURAHITANWA NA CORONA NKUKO BIGARAGARA MU BIPIMO BYA MINISITERI Y’UBUZIMA MU RWANDA. UMUVUGIZI WA POLISI MURWANDA...
Kicukiro: Polisi yafashe abagabo 5 bakekwaho kwiba mudasobwa 15 z’ishuri :[REBA HANO]>>>>]
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro yafashe ibisambo 5 bikurikiranyweho kwiba mudasobwa 15 mu ishuri ryisumbuye rya Kagarama (Kagarama secondary School) gusa habonetse mudasobwa 14. Iri shuri riherereye mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kagarama mu kagari ka Rukatsa mu mudugudu wa Mpingayanyanza. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, Chief Inspector...