Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yahagaritse ingendo ziva n’izijya mu ntara eshanu, zirimo n’umurwa mukuru Nairobi, kubera ubwiyongere bwa Covid-19. Intara za Kajiado, Kiambu, Machakos, Nakuru na Nairobi zatangajwe nk’ahantu higanje cyane iyi virusi. Kenyatta yavuze ko ubu abantu nibura barindwi bapfa buri munsi bishwe na Covid-19, kandi ko batandatu mu bantu 10 bapima bayibasangamo....
Breaking News:
Muri Kenya umujyi wa Nairobi washyizwe mu kato: INKURU>>
Yatawe muri yombi Sebahutu Celestin w’imyaka 50: INKURU>>
Yitabye imana umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo-Brazzaville: Inkuru>>
Ingabire Grace yegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2021-AMAFOTO
Tombola y’uburyo amakipe azahura muri ¼ cya UEFA Champions League yabereye i Nyon mu Busuwisi: REBA HANO>>
Samia Suluhu Hassan Amaze kurahirira kuba perezida wa gatandatu wa Tanzania w’Umugore mukarere:AMAFOTO>>
Agiye kurahira Samia Hassan Suluhu ugomba gusimbura nyakwigendera Magufuri: INKURU>>
Ibyaranze ubuzima bwa nyakwigendera perezida Magufuri:
Aba tanzania ati ‘tubuze uwo twari dushingiyeho’, abandi bati: ‘nta byiza azibukirwaho’ INKIRU>>
Breaking news:Perezida magufi yitabye Imana……………
Rihanna yaguze inzu y’igitangaza maze ahamyako y’ifuza Umugabo bayibanamo:AMAFOTO>>
UDUFOTO TWA BAHANZI UKO BARI BAMEZE MU MYAKA YASHIZE REBA MICO THE BEST UYU MUNSI NA BANDI:AMAFOTO>>
Ibihugu bya Africa birahumurizwa ku rukingo rwa Oxford-AstraZeneca
Saido Berahino ukinira Charleroi bamusanzemo Covid-19: INKURI>>>>
Joe Biden yiseguye ku bw’abasirikare bafotowe basinziriye muri parikingi INKURU>>>>>
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Category: <span>Ubuzima</span>
Yatawe muri yombi Sebahutu Celestin w’imyaka 50: INKURU>>
Muri iki gitondo taliki 22/03/2021 police y’ u Rwanda ibinyujije kumbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko Sebahutu Celestin w’imyaka 50 uherutse kwambura umuturage amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 30 . Yatawe muri yombo Ibi byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Werurwe nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kayonza yafashe uwitwa Sebahutu Celestin w’imyaka...
Yitabye imana umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo-Brazzaville: Inkuru>>
Vyavuguruwe Iminota 8 iraheze Insiguro y’isanamu,Guy Brice Parfait Kolélas yari yabwiye abamushyigikiye ko ‘ari kurwana n’urupfu’ Umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo-Brazzaville yatabarutse nyuma yo kujyanwa mu bitaro mu Bufaransa kubera Covid-19, nk’uko bivugwa na radio mpuzamahanga y’Abafaransa RFI. Ku cyumweru nimugoroba nibwo yajyanywe muri icyo gihugu, kuri uyu munsi nibwo amatora ya perezida...
Ibyaranze ubuzima bwa nyakwigendera perezida Magufuri:
muhinzi-mworozi utifashije akaza kuba Perezida wa Tanzania mu mwaka wa 2015, yapfuye ku wa gatatu afite imyaka 61, leta itangaza ko yazize ibibazo by’umutima. Uyu wigeze gushimagizwa kubera uburyo bwe bw’imikorere burimo no kuvuga atarya indimi, yagezeho aba umutegetsi utavugwaho rumwe, by’umwihariko ku bijyanye na gahunda ye ijyanye n’icyorezo cya coronavirus. Mu 2020 yatorewe manda...
Aba tanzania ati ‘tubuze uwo twari dushingiyeho’, abandi bati: ‘nta byiza azibukirwaho’ INKIRU>>
Abaturage ba Tanzania baganiriye na BBC bavuze babajwe no kubura ‘uwo twari dushingiyeho’ perezida John Pombe Magufuli, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi we abona nta byiza azibukirwaho. Nyuma y’igihe kigera ku kwezi ataboneka nk’uko bisanzwe, kandi nta makuru atangazwa ku buzima bwe, ibihuha byabaye byinshi, kugeza no kwemeza ko yaba yarapfuye. Bamwe banenze imyifatire ya...
Ibihugu bya Africa birahumurizwa ku rukingo rwa Oxford-AstraZeneca
Umukozi mukuru w’ishami rya UN rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO arasaba leta z’ibihugu bya Africa kudatakaza icyizere ku rukingo rwa Oxford-AstraZeneca, nyuma y’uko ibihugu byinshi i Burayi bihagaritse kurukoresha. Ibihugu bya Africa bimaze kwakira doze zirenga miliyoni 14, ahanini z’urukingo rwa AstraZeneca, kuko ruhendutse kandi rworoshye kubika ugereranyije n’andi moko y’inkingo za Covid yemejwe. Dr...
Saido Berahino ukinira Charleroi bamusanzemo Covid-19: INKURI>>>>
Charleroi Sporting Club iri ku mwanya wa munani muri shampiyona y’ikiciro cya mbere, yatangaje ko mu bipimo byafashwe kuwa mbere, abakinnyi bayo batandatu n’abakozi batanu babasanzemo Covid. Abo bakinnyi, barimo Saido Berahino kapiteni w’Intamba mu z’u Burundi, witeguraga kujya mu Burundi ku mukino bafitanye na Centrafrique kuwa gatanu tariki 26/03/2021. Umwaka ushize nibwo Saido waciye...
Joe Biden yiseguye ku bw’abasirikare bafotowe basinziriye muri parikingi INKURU>>>>>
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yiseguye ku Banyamerika ku bw’amafoto yakwirakwiye agaragaza abasirikare bari barinze Inteko Ishinga Amategeko, Capitol, basinziriye muri parikingi y’imodoka. Ayo mafoto yakwirakwiye mu bitangazamakuru bitandukanye ku wa 21 Mutarama 2021, yagaragazaga abo basirikare bahatirwa kujya gufatira akarukuko aho imodoka ziparika hanze y’iyo nyubako, ubwo abagize Inteko Ishinga...
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Lieutenant Scovia Gwizimpundu ni Umunyarwandakazi urinda Umufasha wa Perezida wa Centrafrique witwa Tina Touadera. Gwizimpundu ari mu basirikare b’Abanyarwanda bakora mu mutwe w’Umuryango w’Abibumbye bagiye kugarura amahoro muri Centrafrique. Avuga ko mbere yo kuba umusirikare yumvaga azaba umu IT(Information Technology Expert) ariko aza guhindura ajya mu ngabo z’u Rwanda kubera gukunda Inkotanyi. Izi nkotanyi avuga...
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 muri Gare ya Nyabugogo: (AMAFOTO) Ikigo mpuzamahanga kita kubuzima n’imirire n’ubuhinzi (Dynapharm international) gifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake bakoze ubukangurambaga mu kurwanya Covid-19 muri Gare ya Nyabugogo cyane ko gare yarimo umuvundo w’abagenzi bajya mu ntara. Ni ubukangurambaga bakoze uyu wa 31/12/2020 mu rwego rwo gufasha abanyarwanda...