Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yiseguye ku Banyamerika ku bw’amafoto yakwirakwiye agaragaza abasirikare bari barinze Inteko Ishinga Amategeko, Capitol, basinziriye muri parikingi y’imodoka. Ayo mafoto yakwirakwiye mu bitangazamakuru bitandukanye ku wa 21 Mutarama 2021, yagaragazaga abo basirikare bahatirwa kujya gufatira akarukuko aho imodoka ziparika hanze y’iyo nyubako, ubwo abagize Inteko Ishinga...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Ubuzima</span>
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Lieutenant Scovia Gwizimpundu ni Umunyarwandakazi urinda Umufasha wa Perezida wa Centrafrique witwa Tina Touadera. Gwizimpundu ari mu basirikare b’Abanyarwanda bakora mu mutwe w’Umuryango w’Abibumbye bagiye kugarura amahoro muri Centrafrique. Avuga ko mbere yo kuba umusirikare yumvaga azaba umu IT(Information Technology Expert) ariko aza guhindura ajya mu ngabo z’u Rwanda kubera gukunda Inkotanyi. Izi nkotanyi avuga...
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 muri Gare ya Nyabugogo: (AMAFOTO) Ikigo mpuzamahanga kita kubuzima n’imirire n’ubuhinzi (Dynapharm international) gifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake bakoze ubukangurambaga mu kurwanya Covid-19 muri Gare ya Nyabugogo cyane ko gare yarimo umuvundo w’abagenzi bajya mu ntara. Ni ubukangurambaga bakoze uyu wa 31/12/2020 mu rwego rwo gufasha abanyarwanda...
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Umunyamideli Joselyn Cano wari ukunzwe cyane kurubuga rwa instagram ku myaka 29 y’amavuko yapfuye ubwo yari amaze kwiyongeresha ikibuno, aho yari afite intego yo gukuba kabiri ikibuno cya Kim Kardashian nawe uri mubakunzwe cyane ku isi. Nk’uko ikinyamakuru Daily Mail na New York Post bibitangaza urupfu rw’uyu munyamideli rwababaje abantu benshi biganjemo inshuti ze z’abanyamideli,...
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Umukobwa ufite imiterere n’ikibuno bitangaje yongeye ashavuza abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ibyo yagendaga acuruza yambaye agakanzu kagufi kamufashe Uyu mukobwa wari wambaye akaganzu keza cyane k’ibara rya orange, kamwegereye ubonako iyi kanzu igaragaza imiterere y’ikibuno cye, yatunguye benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda agenda ashaka abamugurira ibyo yari yavanye murugo abitwaye...
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine wiyamamariza kuyobora Uganda, yijeje abaturage ko nibamutora igihugu cye kizongera kugendererana n’u Rwanda kugeza n’aho abaturage be bongera kurongora Abanyarwandakazi. Ibi Robert Ssentamu Kyagulanyi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo yari mu gace ka Kisoro, aho yakoreye ibikorwa byo kwiyamamaza, aho yari aherekejwe n’umugore we, Barbie Itungo, wamwamamaje...
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
Kuwa 19 Ukwakira 2015 kugeza magingo aya umunya-Venezuela Jeison Orlando Rodríguez Hernández yashyizwe mu gitabo cy’uduhigo (Guinness World Records) nk’umugabo ufite ibirenge binini kurusha abandi ku Isi. Guinness World Records, Jeison Orlando RodrÃguez Hernández, world’s largest feet Hernandez niwe urusha abatuyeIsi Ikirenge kinini Ikinyamakuru footwearnews.com kigaragaza ko ikirenge cye kingana na Inshi 16 ( hafi...
Kudasezeranya umugeni utwite ni ubuhemu, nasezeranyije n’ufite inda y’amezi 9,nundi uzaba utwite nzamusezeranya:INKURU
Bishop Brigitte Mukanziga Brigitte, umushumba w’itorero Power of God, ahamya ko abashumba n’abavugabutumwa banga gusezeranya abageni kuko batwite, aba abahemukiye cyane kandi aba abajugunye kwa Satani. Kuri we, ngo arabasezeranya kuburyo hari n’uwo aheruka gusezeranya afite inda y’amezi 9 yenda kubyara. Avuga ko umukobwa wese waba yaratewe inda n’uwo bakundana bakaba bifuza gusezerana, niba umushumba...
Ibitangaje kuri Diane wubakiye iwabo inzu mu mafaranga yakuye mu kazi k’ubuyaya:INKURU>>
Diane Uwiringiyimana w’imyaka 20 y’amavuko, ni umukobwa uvuka mu karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo. Ntiyabashije gukomeza amashuri ye kuko yagarukiye mu mwaka wa Gatatu w’ayisumbuye, kuba nyina ari umukene naho Se akaba yaramwanze we na basaza be babiri, bikaba ari yo mbogamizi yatumye atarangiza kwiga n’ubwo yari umuhanga mu ishuri. Ubu akora akazi ko...
Madagascar ivuga ko yavumbuye umuti n’urukingo rwa COVID-19 ubu igihugu cyose kiri mu kato
Igice kinini cy’ikirwa cya Madagascar kirimo n’umurwa mukuru, Antananarivo, cyasubijwe mu mategeko ya Guma mu Rugo kubera kwiyongera kw’ubwandu bwa coronavirus. Madagascar ivuga ko yavumbuye umuti n’urukingo rwa COVID-19 yasubiye muri Guma mu Rugo Nubwo iki gihugu gikomejwe kwibasirwa n’icyorezo cya COVID-19, ni kimwe mu bihugu byatangaje mbere ko byavumbuye umuti n’urukingo by’iki cyorezo. Leta...