Ku isaha ya saa tanu z’ijoro n’iminota 46′ Ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda ryambitswe Ingabire Grace winjiye mu irushanwa ahagarariye Umujyi wa Kigali. Igisonga cya Mbere yabaye Akaliza Amanda [Nimero 01] yari ahagarariye Umujyi wa Kigali naho Igisonga cya kabiri yabaye Umutoni Witness [Nimero 28] yari ahagarariye Umujyi wa Kigali. Ingabire Grace (No.7) yari ahagarariye Umujyi...
Breaking News:
Muri Kenya umujyi wa Nairobi washyizwe mu kato: INKURU>>
Yatawe muri yombi Sebahutu Celestin w’imyaka 50: INKURU>>
Yitabye imana umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo-Brazzaville: Inkuru>>
Ingabire Grace yegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2021-AMAFOTO
Tombola y’uburyo amakipe azahura muri ¼ cya UEFA Champions League yabereye i Nyon mu Busuwisi: REBA HANO>>
Samia Suluhu Hassan Amaze kurahirira kuba perezida wa gatandatu wa Tanzania w’Umugore mukarere:AMAFOTO>>
Agiye kurahira Samia Hassan Suluhu ugomba gusimbura nyakwigendera Magufuri: INKURU>>
Ibyaranze ubuzima bwa nyakwigendera perezida Magufuri:
Aba tanzania ati ‘tubuze uwo twari dushingiyeho’, abandi bati: ‘nta byiza azibukirwaho’ INKIRU>>
Breaking news:Perezida magufi yitabye Imana……………
Rihanna yaguze inzu y’igitangaza maze ahamyako y’ifuza Umugabo bayibanamo:AMAFOTO>>
UDUFOTO TWA BAHANZI UKO BARI BAMEZE MU MYAKA YASHIZE REBA MICO THE BEST UYU MUNSI NA BANDI:AMAFOTO>>
Ibihugu bya Africa birahumurizwa ku rukingo rwa Oxford-AstraZeneca
Saido Berahino ukinira Charleroi bamusanzemo Covid-19: INKURI>>>>
Joe Biden yiseguye ku bw’abasirikare bafotowe basinziriye muri parikingi INKURU>>>>>
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Category: <span>Photo Paparazzi</span>
Samia Suluhu Hassan Amaze kurahirira kuba perezida wa gatandatu wa Tanzania w’Umugore mukarere:AMAFOTO>>
Samia Suluhu Hassan amaze kuvuga indahiro yo kuba perezida wa Tanzania, mu muhango wabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu cya Tanzania. Mama Samia ahagaze imbere y’ukuriye ubucamanza Prof. Ibrahim Juma yasubiyemo ubugira gatatu indahiro y’umukuru w’igihugu mu cyumba gifunze cyuzuyemo abantu, mu muhango waciye kuri televiziyo y’igihugu uri kuba. Mama Samia abaye perezida wa gatandatu wa...
Breaking news:Perezida magufi yitabye Imana……………
UMUKURU W’IGIHUGU CYA TANZANIA MAGUFURI YITABYE IMANA NKUKO TUBIKESHA IBINYAMAKURU BYANDIKIRWA MU KARERE KA EAST AFRICA,MU MINSI ISHIZE HATANGAJWE KO YARWAYE AKAJYA KUVURIRWA MU BUHINDE GUSA HARI AMAKURU YAVUGWAGA KO YABA ARWAYE COVID19 ARIKO LETA YA TANZANIA YABYAMAGANIYE KURE. Posted by Emmy kuri Rwandapaparazzi.rw/tv 3,958 total views, 4 views today
UDUFOTO TWA BAHANZI UKO BARI BAMEZE MU MYAKA YASHIZE REBA MICO THE BEST UYU MUNSI NA BANDI:AMAFOTO>>
NKUKO BISANZWE TUJYA TUZA DUTUNGURANA TUKABEREKA AMWE MU MAFOTO YA BAHANZI BAMAMAYE UBU NDETSE NA BAMWE BABUZE UTAMENYA IYO BAGIYE TURABEREKA MICO THE BEST UYU MUNSI MUZI MU NDIRIMBO ZITANDUKANYE,HANYUMA TUBEREKE N’UWITWAGA MISS CONFIDENCE,HAMWE NA FANNY UBU USIGAYE UBARIZWA MURI MTN MURI MARKETING REBA AMAFOTO YABO HANSI. POSTED BY EMMY KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV 2,548 total views, 30 views...
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
MUCYUMWERU GISHIZE UMUKINYI WA COMEDY NA FILME YAKA MWANA UMAZE KWIGARURIRA IMBAGA YA BANTU KURI SOCIAL MEDIA YABONYE IGIHEMBO YAHAWE NA VICTORY TV IFATANYIJE NA BANDI BATERA NKUNGA NKA SMART DIZAYIN HAMWE NA BERWA MAZE BAHA IBIHEMBO BYINSHI YAKA MWANA. HARIMO NA MAFARANGA MILIYONI IMWE NI BIHUMBI MAGANA ABIRI 1.2M AYA MAFARANGA KEZA NA YAKA...
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BADRAM UZWI MURI SHOWBIZ YO MU RWANDA AKABA ARI NAWE UYOBORA INZU ITUNGANYA MUZIKA THE MANE BIRAVUGWA KO YISUBIRIYE MURI AMERICA IMISHINGA YARAFITE MU RWANDA YOSE IHITA IHAGARARA KUBERA KWISUBIRIRA MURI AMERICA HARI FILME ZA MA SERIES YARAMAZE IMINSI ASOHORA ZIGAHITA ZIHAGARARA. IKINDI GIKEKWA NUKO BADRAM YABA YARABONYE UMUKINNYI WE AVUNITSE AKABONA ATAZAKIRA VUBA AGAHITAMO...
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
UMUKINYI WA FILME AMAZE KWA MAMARA BIKOMEYE HANO MU RWANDA NDETSE NO KW’ISI YOSE ARIWE YAKA MWANA BAKUNDA KWITA KING OF SOCIAL MEDIA KUBERA UKUNTU ASETSA ABANTU NUBURYO AFITE MANAGIMENT IKOMEYE Y’UBUTUMWA B’UGUFI UYU MUGABO YAKA MWANA AMAZE KWAMAMARA BIKOMEYE KUBERA UBURYO ASETSAMO ABANTU BAKAMUKUNDA CYANE, KU MUNSI WEJO TARIKI 4 NIBWO INKURU ZAKWIRAKWIYE KO...
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
Bakunzi bacu uyumunsi twabakusanyirije amwe mumafoto tubafitiye mububiko bwacu ya bamwe muba star mwikundira bataragafata ,aya mafoto nayo kuva muri 2009 kujyeza 2012. Amafoto twifashije ayo twakuye kurubuga rwa Kigalihit iki ni igice cyambere tuzaza tubaha andi mafoto mubyiciro, namwe kandi tubahaye umwanya mutubwire abastar mushaka kureba mubihe byahise uko babaga bameze Tmc yakuze...
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
MU MWAKA WA 2019 TWABATANGARIJE KO THE BEN BYAVUGWAGA KO YANGIWE GUSUBIRA MURI AMERICA IYI INKURU YAVUZWEHO BYINSHI KU BAFANA BA THE BEN AHO WASANGAGA BENSHI BAVUGA KO DUTANGAZA INKURU ZI BIHUHA UYU MUNSI RERO AMAKURU DUFITE ATURUKA KU AHANTU HIZEWE CYANE NUKO THE BEN WE UBWE ZI NEZA KO TASUBIRA GUKANDAGIRA KU BUTAKA BWA...
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
UWAVUGA ATI KERA HABAYEHO YABA ATIBESHYE RWOSE UYU MUNSI NTABWO TUKIBONA ABAKOBWA BEZA NKABO TWABONAGA MU BIRORI BITANDUKANYE BYABERAGA MU MUJYI WA KIGALI MU TUBYINIRO. NDETSE NO MURI HOUSE PARTY ZABAGA BURI WEEKEND MBESE BYATEWE NIKI? UYU MUNSI TUBAZANIYE AMWE MU MAFOTO YA BAKOBWA TWAJYAGA TUBONA UYU MUNSI TUTAKIBONA NTAWAMENYA IRENGERO RYABO KUGEZA UBU: POSTED...