NTABWO TUJYA TUBATENGUHA KUBERA KO TUBAKUNDA UYU MUNSI TUKUZANIYE AMAFOTO YA BANTU YAGIYE ACA IBINTU MU MYAKA YASHIZE DORE KO ARIYO YABONEKANGA CYANE KU MBUGA ZA INTERNET ZITANDUKANYE CYANE KURI FACEBOOK HAMWE NI ZINDI NKA TWITTER,HARIMO UMUKINNYI WA FILME NJUGA W’UMUNYARWANDA HAMWE NA MISS CONFINDECE WAHOZE ARIRIMBA ABANDI BO NA BANYAMAHANGA. POSTED BY EMMY KURI...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Lifestyle</span>
ABAKOBWA 12 BAREBWA CYANE KUBERA KWA MBARA NEZA MURI AFRICA,MU RWANDA HARIMO UMWE GUSA:AMAFOTO>>
MURI AFRICA HABAMO ABAKOBWA BEZA BADASANZWE KANDI BAMBARA BAKABERWA UYU MUNSI TUKUZANIYE ABAKOBWA 12 BO MURI AFRICA NAWE WAREBA UKEMERA KO BAMBARA NEZA KURUSHA ABO USANZWE UZI MU RWANDA N’UMWE GUSA UBONEKA KURUTONDE DUKESHA IKINYAMAKURU KITWA MAZOYEZI. POSTED BY EMMY KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV 6,486 total views, 4 views today
TUBAJE KWISENGURA KU BASOMYI BACU KUBERA GUTINDA KUBAHA UDUKURU TURYOSHYE: DORE AMAFOTO ATANGAJE TWABAZANIYE:AMAFOTO>>
NKUKO TWARI DUSANZWE TUBAGEZAHO UDUKURU DUSHYA TUBA DUFITE AMAFOTO ADASANZWE TWAGARUTSE NDETSE TUBIJEJE KO TUGIYE KONGERA KUGARURA UDUSHYA TWARANZE WEEKEND NYUMA Y’IGIHE KI NINI MUTABONA UDUSHYA TWA WEEKEND, UYU MUNSI TWIFUJE KUBAGEZAHO AMWE MU MAFOTO ATANDUKANYE ARIMO KUBONEKA KURI IG HAMWE NA TIK TOLK GUSA ICYO TWABIBUTSA NUKO HARIMO NA BANYARWANDA NABO TUBAGEZAHO AMAFOTO YABO...
Umuhanzikazi Wicyamamare wo muri DR Congo Tshala Muana yafunzwe kubera indirimbo ye:INKURU>>
Tshala Muana, umuhanzikazi w’icyamamare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo), yafashwe n’abashinzwe umutekano avanwa iwe ku wa mbere tariki 16 Ugushyingo 2020 nk’uko byemezwa n’ushinzwe ibikorwa bye. Inkuru dukesha BBC ivuga ko Claude Mashala ushinzwe ibikorwa bya Tshala Muana yavuze ko uyu muhanzi yakuwe iwe mu rugo mu gitondo. Kugeza ku mugoroba wo...
Menya igitera abagabo benshi kubyuka igitsina cyazanye umurego:AMAFOTO>>
Ubusanzwe umuntu wese w’igitsina gabo udafite uburwayi bumutera kudashyukwa, iyo aryamye cyane cyane nijoro arashyukwa. Nubwo tubibona iyo dukangutse nyamara ubushakashatsi bwerekana ko bibaho inshuro zigera kuri 5 mu ijoro. Uku kubyuka igitsina cyareze mu cyongereza byahawe akabyiniriro ka morning wood (igiti cya mu gitondo) cyangwa morning glory (Ikuzo rya mu gitondo) . Ibi bitangira...
Umugabo wa mukuru wanjye amereye nabi ashaka ko turyamana kandi niwe unshumbikiye,nkore iki? INAMA
Umukunzi wacu twise Jessica yatwandikiye adusaba ko twamugira inama ku kibazo gikomeye afite kijyanye na muramu we ushaka ko baryamana nyuma yo kumusanga mu cyumba yambaye ubusa. Yagize ati “Ubwo umugabo wa mukuru wanjye yari avuye muri siporo ari ku Cyumweru yamboneye ubwambure none ubu isaha ku isaha arimo kuntesha umutwe kugera n’aho ansanga mu cyumba...
Umupolisikazi wo muri Ghana ufite imiterere idasanzwe yavugishije benshi barimo n’abifuza gufungwa nawe:INKURU>>
Umupolisikazi witwa Ama Serwaa akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera imiterere ye aho bamwe mu bagabo bamwandikira bamusaba ko yaza kubafunga. Uyu mupolisikazi yatowe na benshi ko ariwe mwiza kurusha bagenzi be bakorana uyu mwuga muri Ghana kubera imiterere ye by’umwihariko ikibuno. Uyu mugore akurikirwa n’abasaga ibihumbi 200 kuri Instagram ndetse benshi biganjemo abagabo...
Umuherwekazi wa mbere muri Afurika yapfushije umugabo!! INKURU>>
Sindika Dokolo, umugabo w’umugore ukize cyane muri Afurika, Isabel Dos Santos, yapfiriye i Dubai aho yari amaze igihe yibera, yapfuye ubwo yari ari muri siporo yo kwibira (diving), akaba yari afite imyaka 48. Ni nyuma gato yuko yari amaze iminsi mike yitaba urukiko rw’ikirenga rwa Angola rwamushinjaga kugira uruhare mu nyerezwa ry’umutungo wa Leta bifitanye...
Impanuka y’imodoka yahitanye umukobwa wari ugiye gukora ubukwe, umukunzi we arakomereka!!!! INKURU
Impanuka y’imodoka yabereye mu karere ka Muhanga mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 29 Ukwakira 2020, yapfiriyemo umukobwa w’imyaka 23 wari mu myiteguro y’ubukwe naho umukunzi we bendaga kurushinga ayikomerekeramo hamwe n’abandi batatu bari kumwe nabo bakomeretse. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Twajamahoro Sylvestre yemeje aya makuru mu...
Filme Ubutumwa bugufi mukunda ubu igeze ku gice cya 42/ Dore abakobwa beza bayikinamo:AMAFOTO>>
NKUKO TWAGIYE TUBAGEZAHO FILME UBUTUMWA BUGUFI KUVA YATANGIRA UYU MUNSI IGEZE KU GICE CYA 42 SO1 IYI FILME KUBERA UBUTUMWA BWINSHI BUYIRIMO ABANTU BENSHI NTABWO BAJYA BABASHA GUSOBANUKIRWA MESSAGE ITANGA. ARIKO MU KIGANIRO TWAGIRANYE NA BAMWE MU BAKINNYI BAYO UWITWA GODANCE GOGO YATUBWIYE KO KUMENYA NEZA ICYO IYI FILME IVUGA BISABA KUREBA IBICE BYAYO BYOSE...