Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yiseguye ku Banyamerika ku bw’amafoto yakwirakwiye agaragaza abasirikare bari barinze Inteko Ishinga Amategeko, Capitol, basinziriye muri parikingi y’imodoka. Ayo mafoto yakwirakwiye mu bitangazamakuru bitandukanye ku wa 21 Mutarama 2021, yagaragazaga abo basirikare bahatirwa kujya gufatira akarukuko aho imodoka ziparika hanze y’iyo nyubako, ubwo abagize Inteko Ishinga...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Kunenga</span>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatumijeho Perezida w’ikipe ya Kiyovu Sport, Mvukiyehe Juvenal azira miliyoni 19 z’u Rwanda, z’uwitwa Muhirwa Prosper. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 Ukuboza 2020, nibwo hamenyekanye amakuru avuga itabwa muri yombi rya Mvukiyehe Juvenal uyobora ikipe ya Kiyovu Sport kubera amafaranga atari aye yari yanze gusubiza. Impamvu yo gutabwa muri...
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
NI KENSHI TWAGIYE TUBABWIRA KO ABAKOBWA NA BAGORE MUKWIYE KUJYA MWITONDERA ABAGABO MUJYAMO BATARI ABANYU KENSHI MUSAMBANA NABO MUZIKO BABAKUNDA ARIKO NTABWO MUBA MUZI KENSHI NICYO BABA BAGAMIJE HARI IGIHE ABA ASHAKA KUGUSENYERA ARIKO WOWE UTABIZI NKUKO BYAGENDEKEYE UYU MUGORE WUMUGABO MU GIHUGU CYA KENYA. POSTED BY EMMY KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV 8,926 total views
VIDEO YAFASHWE NA PETER ASAMBANYA UMUGORE WA SAMWEL INSHUTI YA PETER YASHIZWE HANZE!!! AMAFOTO YAYO>>
UMUGABO W’ITWA PETER AMAZE IGIHE AHIGIRA KUZASAMBANYA UMUGORE WA SAMWEL BITEWE NUKO UYU SAMWEL YASHAKANYE N’UMUKOBWA WAKUNDANYE NA PETER IMYAKA 9 YOSE . ARIKO YARANZE KURYAMANA NAWE NGO ARACYARI ISUGI NYUMA PETER AVUYE HANZE AHO YABANGA MU BUTARIYANI YASANZE INSHUTI YE SAMWEL YARASHATSE UYU MUKOBWA WITWA SARAH. NDETSE BABANA KUVA ICYO GIHE PETER YARARAKAYE CYANE...
KAMPALA UMUJYI WOSE WIRIWE NTA BANTU BAWULIMO KUBERA INVURURU NI MYIGARAGAMBYO:AMAFOTO>>
MURI UGANDA UMUJYI WA KAMPALA WIRIWE NTA BANTU BAWURIMO BITEWE NI MYIGARAGAMBYO YAWIRIWEMO BURI MUNTU WESE YAHUNGAGA ATAHA DORE KO WARIMO ABASIRIKARE BENSHI NDETSE ARIBO BAWUGENDAMO BAVANZE NA BANDI BAMBAYE IMYENDA ISANZWE BAGENDAGA BAFATA ABANTU BABAPAKIRA KU MODOKA ZA POLICE. POSTED BY KABANDA JOSEPH KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV 1,596 total views, 2 views today
Ibikorerwa mu mazi adasanzwe y’Amashyuza ahora ashyushye biratangaje – AMAFOTO
Amashyuza yo mu Murenge wa Nyakabuye ni yo azwi nk’amashyuza ya Bugarama, ahuje Imirenge ya Gitambi na Nyakabuye, ahantu hasanzwe hasurwa cyane n’abashaka kuyakoresha mu kwivura. Mu Karere ka Rusizi amazi y’amashyuza afatwa nk’ubukungu kubera ubukerarugendo busanzwe buhakorerwa, ariko ngo aya mazi ashobora kubyazwamo amashanyarazi. Abantu bava hirya no hino baje muri aya mazi, benshi...
Umugabo wa mukuru wanjye amereye nabi ashaka ko turyamana kandi niwe unshumbikiye,nkore iki? INAMA
Umukunzi wacu twise Jessica yatwandikiye adusaba ko twamugira inama ku kibazo gikomeye afite kijyanye na muramu we ushaka ko baryamana nyuma yo kumusanga mu cyumba yambaye ubusa. Yagize ati “Ubwo umugabo wa mukuru wanjye yari avuye muri siporo ari ku Cyumweru yamboneye ubwambure none ubu isaha ku isaha arimo kuntesha umutwe kugera n’aho ansanga mu cyumba...
Rwezamenyo: Umugabo w’Imyaka 45″ yatawe muri yombi: Reba icyo azira>>>>
Mu karere ka Nyarugenge, umurenge wa Rwezamenyo, mu kagari ka Rwezamenyo l , umudugudu w’ Intwali . Inzego z’umutekano Dasso zataye muri yombi umugabo wari afite amavuta atemewe ya mukorogo yari akuye Rubavu . Uyu mugabo yafashwe kuri uyu wa 05/11/2020. Yafashwe hagati ya 18h30-07h20 z’umugoroba. Yafashwe kubufatanye bwa Police DASSO, n ‘Irondo ry’Umwuga....
Kudasezeranya umugeni utwite ni ubuhemu, nasezeranyije n’ufite inda y’amezi 9,nundi uzaba utwite nzamusezeranya:INKURU
Bishop Brigitte Mukanziga Brigitte, umushumba w’itorero Power of God, ahamya ko abashumba n’abavugabutumwa banga gusezeranya abageni kuko batwite, aba abahemukiye cyane kandi aba abajugunye kwa Satani. Kuri we, ngo arabasezeranya kuburyo hari n’uwo aheruka gusezeranya afite inda y’amezi 9 yenda kubyara. Avuga ko umukobwa wese waba yaratewe inda n’uwo bakundana bakaba bifuza gusezerana, niba umushumba...
Ibitangaje kuri Diane wubakiye iwabo inzu mu mafaranga yakuye mu kazi k’ubuyaya:INKURU>>
Diane Uwiringiyimana w’imyaka 20 y’amavuko, ni umukobwa uvuka mu karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo. Ntiyabashije gukomeza amashuri ye kuko yagarukiye mu mwaka wa Gatatu w’ayisumbuye, kuba nyina ari umukene naho Se akaba yaramwanze we na basaza be babiri, bikaba ari yo mbogamizi yatumye atarangiza kwiga n’ubwo yari umuhanga mu ishuri. Ubu akora akazi ko...