Rayon Sports yaraye yakiriye rutahizamu Frederick Boateng wakinaga mu ikipe ya Asante Kotoko S.C yo muri Ghana uje kuyifasha kwiyubaka mu bwugarizi cyane ko bivugwa ko igiye gutakaza kabuhariwe Micheal Sarpong. Frederick Boateng w’imyaka 25 wakinaga mu ikipe ya Asante Kotoko S.C yo muri Ghana,amaze iminsi ategerejwe n’abakunzi ba Rayon Sports bakunze abanya Ghana cyane...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Izindi nkuru</span>
Igitaramo ngaruka kwezi cya “Jazzy Jancton” amarira menshi kuri Zahara, Amaron yishimiwe bikomeye: [REBA INKURU]>>>>
Igitaramo cya “Jazzy Janction” cyaraye kibaye kuri mugoroba I byamamare byatumiwe muri iki gitaramo Amaron niwe wabimburiye abandi mukuririmba abanza ku kabyiniro, Uyu muhanzi yishimiwe bikomeye dore ko n’indirimbo ze zikunzwe na benshi muri iyi minsi Iki gitaramo cyaranzwe n’udushya twishi Zahara umugore w’umuhanga urangwa n’amarangamutima menshi n’ijwi risendereye ajyanisha no kwicurangira gitari. Yaririmbye mu...
George Malelu wambitse Beyoncé mu bazamurika imideli muri Mercedes Benz Fashion Week Kigali: [REBA INKURU]>>>>
Umunyamideli wambitse Beyoncé, George Malelu, ari mu bategerejwe i Kigali mu birori byo kumurika imideli bya Mercedes Benz Fashion Week Kigali bizaba bibaye ku nshuro ya mbere. U Rwanda ni igihugu cya kabiri muri Afurika kigiye kuberamo ibirori byo kumurika imideli bya Mercedes Benz Fashion Week nyuma y’ibibera mu Mujyi wa Accra muri Ghana. Ibindi...
Umwana w’Umudipolomate w’u Rwanda mu Burusiya yahanutse kuri etaje ya 21 arapfa [REBA HANO]>>>>
Umwana w’Umudipolomate w’u Rwanda mu Burusiya yahanutse kuri etaje ya 21 arapfa Umuhungu w’umunyamabanga wa mbere wa ambasade y’u Rwanda mu Burusiya kuri uyu wa gatatu yahanutse muri etage ya 21 y’inzu i Moscow yitura hasi arapfa. Ikinyamakuru cyitwa Vechernyaya Moskva kivuga ko ambasaderi w’u Rwanda i Moscow yemeje aya makuru ko uyu muhungu...
AMARON: arasiga amateka kuri uyu wa5 muri camp kigali: [REBA INKURU]>>>>
Mu Rwanda hategerejwe igitaramo gikomeye mu mpera z’iki cyumweru ubwo hazaba hizihizwa isabukuru y’imyaka ine Kigali Jazz Junction itangijwe mu Rwanda kuri uyu wa 4 taliki ya 30 nibwo habaye ikiganiro n’itangaza makuru ikiganiro cyabereye muri PARKIN HOTEL iherereye mu kiyovu, ikiganiro cyatangiye ku isaha ya saa09:30 muri iki kiganiro havugiwemo byinshi bijyanye iki gitaramo...
Mu mafoto reba Ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda uburyo yahawe isura Nshya[REBA AMAFOTO]>>>>
Ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda imaze iminsi iri kuvugururwa yasizwe irangi ry’umweru, ku buryo iyo uyitegereje aho waba uri hose hafi yayo muri Kigali ubona yahindutse bitandukanye n’uko yari isanzwe mu isura isa n’igitaka . Iyi nyubako iheruka gufungurwamo Ingoro y’Amateka y’urugamba rwo guhagarika Jenoside, yatashywe na Perezida Kagame mu 2017.Iyi ngoro ibitse amateka...
Ubushinjacyaha bwashyikirije dosiye ya Nsabimana Callixte “Sankara”urukiko: [REBA INKURU]>>>>
Ubushinjacyaha bwamaze gushyikiriza urukiko dosiye irimo ibirego bushinja Nsabimana Callixte uzwi ku izina rya Sankara wahoze ari umuvugizi w’umutwe wa FLN wigambye guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Sankara wafashwe kuwa13 Mata 2019, u Rwanda rukemeza ko rumufite ku wa 30 Mata 2019,ashinjwa ibyaha bitandukanye birimo iterabwoba ndetse no kwigamba guhungabanya umutekano w’igihugu. Nkuko Ubushinjacyaha bukuru bwabinyujije...
Nyuma yo guhebwa amafaranga make mu yo bari babarimo,abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports bemeye gusubira mu myitozo: [REBA HANO]>>>>
Ku gica munsi cy’uyu wa Mbere tariki 20 Gicurasi 2019 abakinnyi ba Rayon Sports bageze ku kibuga cya Nzove banga kukinjiramo ngo bakore imyitozo inzira bahisemo yo kugira ngo bishyurwe imishahara y’amezi abiri. Nyuma yo kwanga gukora imyitozo, aba bakinnyi basubijwe mu modoka bajyanwa kuri Hotel Matina aho Me Muhirwa Fred visi perezida wa Rayon...
Neymar Jr yabuze mu birori bikomeye by’ikipe ya Paris Saint-Germain yagiye kwiryohereza mu kabyiniro na Rihana[AMAFOTO]>>>>
Hasakaye amafoto abandi bashyira mu majwi umukinnyi Neymar nyuma yo kubura mu birori “Union Nationale des Footballeurs Professionnels (UNFP) Football Awards”ari mu bihe byiza n’umuhanzikazi Rihanna banafotowe bizihiwe mu kabyiniro kitwa “The Boum Boum” mu Bufaransa. Ni nyuma yo kutitabira ibirori byo kwimika umukinnyi wahize abandi muri Paris Saint-Germain,wegukanywe na Kylian Mbappe. Uyu musore yaje...