Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yiseguye ku Banyamerika ku bw’amafoto yakwirakwiye agaragaza abasirikare bari barinze Inteko Ishinga Amategeko, Capitol, basinziriye muri parikingi y’imodoka. Ayo mafoto yakwirakwiye mu bitangazamakuru bitandukanye ku wa 21 Mutarama 2021, yagaragazaga abo basirikare bahatirwa kujya gufatira akarukuko aho imodoka ziparika hanze y’iyo nyubako, ubwo abagize Inteko Ishinga...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Izindi nkuru</span>
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Lieutenant Scovia Gwizimpundu ni Umunyarwandakazi urinda Umufasha wa Perezida wa Centrafrique witwa Tina Touadera. Gwizimpundu ari mu basirikare b’Abanyarwanda bakora mu mutwe w’Umuryango w’Abibumbye bagiye kugarura amahoro muri Centrafrique. Avuga ko mbere yo kuba umusirikare yumvaga azaba umu IT(Information Technology Expert) ariko aza guhindura ajya mu ngabo z’u Rwanda kubera gukunda Inkotanyi. Izi nkotanyi avuga...
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
MUCYUMWERU GISHIZE UMUKINYI WA COMEDY NA FILME YAKA MWANA UMAZE KWIGARURIRA IMBAGA YA BANTU KURI SOCIAL MEDIA YABONYE IGIHEMBO YAHAWE NA VICTORY TV IFATANYIJE NA BANDI BATERA NKUNGA NKA SMART DIZAYIN HAMWE NA BERWA MAZE BAHA IBIHEMBO BYINSHI YAKA MWANA. HARIMO NA MAFARANGA MILIYONI IMWE NI BIHUMBI MAGANA ABIRI 1.2M AYA MAFARANGA KEZA NA YAKA...
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 muri Gare ya Nyabugogo: (AMAFOTO) Ikigo mpuzamahanga kita kubuzima n’imirire n’ubuhinzi (Dynapharm international) gifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake bakoze ubukangurambaga mu kurwanya Covid-19 muri Gare ya Nyabugogo cyane ko gare yarimo umuvundo w’abagenzi bajya mu ntara. Ni ubukangurambaga bakoze uyu wa 31/12/2020 mu rwego rwo gufasha abanyarwanda...
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Imisoro ku bukode bw’ubutaka ni ingingo imaze iminsi ivugisha abanyarwanda, yatanzweho umurongo na Perezida Kagame ubwo yaganiraga n’abanyarwanda nyuma yo kugaragaza uko igihugu gihagaze. Ni ikibazo cyabajijwe n’umukuru w’umudugudu wa Gasasa, akagari ka Rugando mu murenge wa Kimihurura mu karere ka Gasabo. Yagize ati “Umusoro ku bukode bw’ubutaka wariyongereye wikuba inshuro nyinshi, ituma abaturage benshi...
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Umukobwa ufite imiterere n’ikibuno bitangaje yongeye ashavuza abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ibyo yagendaga acuruza yambaye agakanzu kagufi kamufashe Uyu mukobwa wari wambaye akaganzu keza cyane k’ibara rya orange, kamwegereye ubonako iyi kanzu igaragaza imiterere y’ikibuno cye, yatunguye benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda agenda ashaka abamugurira ibyo yari yavanye murugo abitwaye...
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatumijeho Perezida w’ikipe ya Kiyovu Sport, Mvukiyehe Juvenal azira miliyoni 19 z’u Rwanda, z’uwitwa Muhirwa Prosper. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 Ukuboza 2020, nibwo hamenyekanye amakuru avuga itabwa muri yombi rya Mvukiyehe Juvenal uyobora ikipe ya Kiyovu Sport kubera amafaranga atari aye yari yanze gusubiza. Impamvu yo gutabwa muri...
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine wiyamamariza kuyobora Uganda, yijeje abaturage ko nibamutora igihugu cye kizongera kugendererana n’u Rwanda kugeza n’aho abaturage be bongera kurongora Abanyarwandakazi. Ibi Robert Ssentamu Kyagulanyi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo yari mu gace ka Kisoro, aho yakoreye ibikorwa byo kwiyamamaza, aho yari aherekejwe n’umugore we, Barbie Itungo, wamwamamaje...
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BADRAM UZWI MURI SHOWBIZ YO MU RWANDA AKABA ARI NAWE UYOBORA INZU ITUNGANYA MUZIKA THE MANE BIRAVUGWA KO YISUBIRIYE MURI AMERICA IMISHINGA YARAFITE MU RWANDA YOSE IHITA IHAGARARA KUBERA KWISUBIRIRA MURI AMERICA HARI FILME ZA MA SERIES YARAMAZE IMINSI ASOHORA ZIGAHITA ZIHAGARARA. IKINDI GIKEKWA NUKO BADRAM YABA YARABONYE UMUKINNYI WE AVUNITSE AKABONA ATAZAKIRA VUBA AGAHITAMO...
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
AMAKURU AGERA KU KINYAMAKURU CYA RWANDAPAPARAZZI.RW DUFITE AMAKURU AVUGA KO UMUHANZIKAZI KNOWLESS HASHIZE IMINSI 3 YIBARUTSE UMWANA WA 2 ARIKO BIKABA BYARAGIZWE IBANGA RIKOMEYE AMAKURU YATUGEZEHO NUKO AMAZE IMINSI 3 YIBARUTSE UNDI MWANA. POSTED BY EMMY KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV 2,553 total views