Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yiseguye ku Banyamerika ku bw’amafoto yakwirakwiye agaragaza abasirikare bari barinze Inteko Ishinga Amategeko, Capitol, basinziriye muri parikingi y’imodoka. Ayo mafoto yakwirakwiye mu bitangazamakuru bitandukanye ku wa 21 Mutarama 2021, yagaragazaga abo basirikare bahatirwa kujya gufatira akarukuko aho imodoka ziparika hanze y’iyo nyubako, ubwo abagize Inteko Ishinga...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Indirimbo</span>
SERGEANT MAJORO ROBERT W’UMUHANZI ARASHAKISHWA BIKOMEYE KUBERA GUSAMBANYA UMWANA W’IMYAKA 15!!! INKURU>>
Umusirikare akaba n’umuhanzi Sergeant Major Kabera Robert wamenyekanye nka “Sergeant Robert” ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya umwana agahita atoroka. Amakuru yizewe Atugeraho avuga ko icyo cyaha cyakozwe tariki 21 Ugushyingo, ubwo yasambanyaga umwana w’imyaka 15. Bimaze kumenyekana ko byabaye, yahise atoroka ku buryo magingo aya yaburiwe irengero. Inzego z’umutekano zatangiye kumushakisha uruhindu ngo agezwe...
Umunyarwandakazi Isimbi Noelline yashyize hanze amashusho agaragaza ubwambure:INKURU>>
Isimbi Noelline yamenyekanye cyane ahagana mu mwaka wa 2019, ubwo yashyiraga hanze amafoto menshi agaragaza ubwambure bwe kurubuga rwa Instagram. Kuva icyo gihe ari mu bantu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga(cyangwa se ibyo twita Social media mu rurimi rw’icyongereza), haba kuri Instagram ndetse na Twitter. Muriki cyumweru kirangiye nibwo yongeye kwiyibutsa abakunzi be bamukurikirana kurubuga rwa...
UWAMWITA SHAGGY CYAGWA ABUD MULASI KUBERA ABAKOBWA BEZA YABA ATIBESHYE VIDEO Y’UMWAKA NI KAYITARE WA DEMBE:AMAFOTO>
Kayitare Wayitare Dembe ku itariki 7 Kamena 2020 nibwo yafashe amashusho y’indirimbo ye nshya ateganya gusohorana n’amashusho yayo,gusa hakaba haragaragayemo abakobwa bambaye imyenda idasanzwe igaragaza ibibero n’imiterere yabo. Indirimbo nshya Kayitare Wayitare Dembe yitegura gushyira hanze yirinze gutangaza izina ryayo gusa avuga ko ikoze mu njyana ya Dancehall.Kayitare yagize ati “Ntabwo natangaza amazina yayo kugira ngo...
Imyanzuro y’ubujurire bwa Munyakazi Sadate yashyizwe ahagaragara REBA HANO
Kuri uyu wa kane, taliki ya 11 Kamena 2020, Komisiyo y’Ubujurire ya FERWAFA yateranye yiga ku bujurire bwa Police F.C ku kemezo cya komisiyo y’imisifurire kirebana n’imyitwarire y’umusifuzi Abdul TWAGIRUMUKIZA ku mukino wa Rwanda Premier League wayihuje na APR F.C ku italiki ya 4 Werurwe 2020, ndetse n’ubwa bwana MUNYAKAZI Sadate ku kemezo cyafashwe na...
CHARLY NA NINA BIRAVUGWA KO BABA BARATANDUKANYE BUCECE? INKURU
Mu gihe benshi mu bafana bibaza icyakomye mu nkokora ibikorwa bya Charly na Nina hakaba n’abahwihwisa ko baba baratandukanye, Nina yatangaje ko ibivugwa ari ibihuha. Indirimbo baherutse gukora ni iyitwa ‘Oroha’ imaze amezi abiri isohotse. Abo bahanzikazi bavuga ko ubu bakomeje gukora, naho ibivugwa byo gutandukana bakaba ngo batabyitayeho. Nina abajijwe uko akazi ubu barimo...
Umuriro wongeye kwaka hagati y’umugore wa Harmonize ndetse n’undi mukobwa byavuzwe ko baryamanye:INKURU
Umuhanzi w’icyamamare wo mu gihugu cya tanzaniya uzwi nka Harmonize yahuye n’ibihe bikomeye ubwo geragezaga guhoshya amakimbirane n’iterana ry’amagambo hagati y’umugore we Sarah Michelotti ndetse n’umukobwa bivugwa ko baryamanyeho witwa Nicole Joyce Berry ubwo uyu muhanzi yakoraga ikiganiro kuri Instagram(Instagram live) Mu kwezi kwa gatatu, nibwo Sarah Michelotti yahagaritse gukurikira ndetse anitandukana n’umugabo we Harmonize ku...
Umuntu wambere mu Rwanda coronavirus [REBA HANO]>>>>
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Umuhinde wageze mu Rwanda ku wa 8 Werurwe 2020 avuye i Mumbai, yatahuweho icyorezo cya Coronavirus. Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko “Uyu murwayi atari afite ibimenyetso ubwo yageraga mu Rwanda, yishyikiriza inzego z’ubuzima ku wa 13 Werurwe, aho yahise asuzumwa. Ubu arimo kwitabwaho kandi ameze neza, yashyizwe ahantu ha wenyine yatandukanyijwe n’abandi...
Danny Vumbi na “KIKAC Music” bakoze ibitangaza mu ndiririmbo nshya yitwa “Yibare” – [REBA HANO]
Kikac Music n’umusore wayo Semivumbi Daniel wamenyekanye nka “danny Vumbi” nyuma y’igihe gito bakorana. Kuri ubu batangiye kwereka abanyarwanda ko babahishiye byinshi muri uyu mwaka wa 2020, iyi ni indirimbo ya kabiri uyu musore ashyize hanze nyuma yo kwinjira muri “KIKAC MUSIC” Uyu musore nyuma yo gusinyana amasezerano n’Inzu ifasha abahanzi ya “KIKAC Music” yashyize...
Harabura amasaha abarirwa ku ntoki ngo umuhanzi “Social Mula” amurike Album ye yambere [REBA HANO]>>>>
Harabura amasaha abarirwa ku ntoki ngo Umuhanzi “Mugwaneza Lambert Uzwi “nka Social Mula” Ashyire hanze (Album) ye ya mbere. Uyu (muzingo Yawitiriye indirimbo ye yise “Ma Vie” ikubiyeho urugendo rw’imyaka itandatu amaze mu muziki. muhanzi kenshi mu marushanwa mpuzamahanga n’ahandi bareba ubushongore n’ubukaka bw’umuhanzi bashingira kuri Album umuhanzi yamuritse, amashimwe n’ibikombe yegukanye n’ibindi. Social Mula...