Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatumijeho Perezida w’ikipe ya Kiyovu Sport, Mvukiyehe Juvenal azira miliyoni 19 z’u Rwanda, z’uwitwa Muhirwa Prosper. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 Ukuboza 2020, nibwo hamenyekanye amakuru avuga itabwa muri yombi rya Mvukiyehe Juvenal uyobora ikipe ya Kiyovu Sport kubera amafaranga atari aye yari yanze gusubiza. Impamvu yo gutabwa muri...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Imikino</span>
Umukinnyi mushya yinjiye muri Rayon sport: REBA HANO>>>>
Rayon Sports yahaye amasezerano y’umwaka umwe Umunya-Côte d’Ivoire Jean Vital Ourega watiwe muri TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Jean Vital Ourega ni umwe mu bakinnyi babiri Tout Puissant Mazembe yo muri RDC yari yemeye gutiza Rayon Sports mu gihe cy’umwaka umwe, ariko mugenzi we Robert Mbelu akaba ataraje mu Rwanda kubera...
Umukinnyi wa Filimi z’urukozasoni yifurije James Rodriguez uherutse kwangirika udusabo tw’intanga gukira vuba:INKURU
Umukinnyi wa Filimi z’urukozasoni yifurije James Rodriguez uherutse kwangirika udusabo tw’intanga gukira vuba, Abakunzi ba Eberton yatangiye neza Premier League bababajwe nuko umukinnyi wayoboraga umukino wabo James Rodriguez yangiritse ku dusabo tw’intanga [amabya] ubu akaba ari kwivura akoresheje imashini yabigenewe. Uyu mukinnyi uyobora umukino wa Everton,yakiniye ku buribwe mu mukino iyi kipe iherutse gutsindwa na...
Uwari myugariro wa Rayon Sports yinjiye byeruye mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda:INKURU
Nshiyimimana Iddi wamenyekanye nk’umukinnyi ukina mu b’inyuma mu ikipe ya Rayon Sports ndetse n’ikipe y’iwabo ku ivuko mu karere ka Rubavu ya Etincelles, amaze igihe agaragara nk’uwinjiye byeruye mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse anakunda kujya ku mbuga nkoranyambaga asebya ubutegetsi bw’u Rwanda. Nshiyimimana Iddi yamenyekanye bwa mbere muri Etincelles aza kuyivamo ajya muri...
Cristiano Ronaldo na Sergio Ramos bamaze kwiyunga nyuma y’imyaka 2 Ntawucana uwaka na mugenzi we:AMAFOTO
Abanyabigwi b’ikipe ya Real Madrid, Cristiano Ronaldo na Sergio Ramos bivugwa ko bari bamaze imyaka isaga 2 batavugana bahuye mu mukino waraye uhuje Espagne na Portugal bariyunga ndetse uyu myugariro Ramos atwara umupira wa Ronaldo Aba bakinnyi b’ibihangange,bivugwa ko bashyize inyuma ibibatandukanye bimika ibibahuza nyuma y’aho bashwanye biturutse kuri Ballon d’Or ya 2018 yahawe Luka...
Kylian Mbappe yakuriye inzira ku murima ikipe yose yaba yifuza ku mugura:INKURU
Rutahizamu w’ikipe ya PSG ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa, Kylian Mbappe yatangajeko adateganya na busa kuba yava mu ikipe ya PSG mu minsi ya vuba. Kylian Mbappe ufatwa nk’umukinnyi wa mbere uhenze ku isi mu ikigi gihe akaba akunze kuvugwa ko yifuzwa n’amakipe akomeye yo ku mugabane w’uburyai arimo Real Madrid ndetse n’ikipe ya Liverpool, gusa...
Rayon Sports fc ikomeje gukomeretsa Gasogi?? Yayiteye Gapapu ku mukinnyi wayo Kwizera:INKURU
Ninyuma y’uko abahoze ai abakozi bikipe ya GASOGI UNITED fc aibo KWIZERA Olivier ndetse na Guy BUKASA bimenyeykanye ko ubu batakibarizwa muri iyi kipe ubu noneho biravugwa ko Rutahizamu wagombaga kuva mugihugu cyabaturanyi cya Congo witwa Bola LOBOTA ngo nawe yaba araza gukurikira uwahoze amutoza mwikipe y’igihugu cya CONGO agasinyira ikipe ya RAYON SPORTS FC....
AMAKURU NYAYO: abakinnyi 5 ba ruhago bafite abagore b’ibizungerezi ku isi:AMAFOTO
Umupira w’amaguru ni kimwe mu bikurikirwa n’abatari bake ,byongeye kandi abakinnyi bakunze guhebwa agutubutse bityo bakagura amamodoka ahenze ,inzu nibindi byagaciro.gusa ariko ntitwibagiwe ko banakundana ,haba abagira abakobwa bakundana nabo cyangwa se abagore babo barushinganye. Ni muri urwo rwego tugiye kurebera hamwe ,abakinnyi ba ruhago 5 baza imbere mukugira abagore/abakobwa bakundana nabo beza cyane ku...
Imitoma iryoshye kureba Kimenyi yabwiye Muyango kuburyo Umukobwa wese yakwifuza iyi mitoma:INKURU
Ejo bundi twababwiye uburyo abantu batandukanye bakomeje kuryoherwa n’ubuzima ba couple ya Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves kugeza ubwo babasaba gukora Instagram account bahuriyeho ngo abafana babo bajye babona uko bakurikirana iby’urukundo rwabo. Mu gihe iyo account itarakorwa ubu abo bombi bakaba baterana imitoma bakoresheje account zabo bwite. Mu gihe bisanzwe bimenyerewe ko Muyango...
Imyanzuro y’ubujurire bwa Munyakazi Sadate yashyizwe ahagaragara REBA HANO
Kuri uyu wa kane, taliki ya 11 Kamena 2020, Komisiyo y’Ubujurire ya FERWAFA yateranye yiga ku bujurire bwa Police F.C ku kemezo cya komisiyo y’imisifurire kirebana n’imyitwarire y’umusifuzi Abdul TWAGIRUMUKIZA ku mukino wa Rwanda Premier League wayihuje na APR F.C ku italiki ya 4 Werurwe 2020, ndetse n’ubwa bwana MUNYAKAZI Sadate ku kemezo cyafashwe na...