Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 muri Gare ya Nyabugogo: (AMAFOTO) Ikigo mpuzamahanga kita kubuzima n’imirire n’ubuhinzi (Dynapharm international) gifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake bakoze ubukangurambaga mu kurwanya Covid-19 muri Gare ya Nyabugogo cyane ko gare yarimo umuvundo w’abagenzi bajya mu ntara. Ni ubukangurambaga bakoze uyu wa 31/12/2020 mu rwego rwo gufasha abanyarwanda...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Category: <span>Business</span>
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Imisoro ku bukode bw’ubutaka ni ingingo imaze iminsi ivugisha abanyarwanda, yatanzweho umurongo na Perezida Kagame ubwo yaganiraga n’abanyarwanda nyuma yo kugaragaza uko igihugu gihagaze. Ni ikibazo cyabajijwe n’umukuru w’umudugudu wa Gasasa, akagari ka Rugando mu murenge wa Kimihurura mu karere ka Gasabo. Yagize ati “Umusoro ku bukode bw’ubutaka wariyongereye wikuba inshuro nyinshi, ituma abaturage benshi...
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Umunyamideli Joselyn Cano wari ukunzwe cyane kurubuga rwa instagram ku myaka 29 y’amavuko yapfuye ubwo yari amaze kwiyongeresha ikibuno, aho yari afite intego yo gukuba kabiri ikibuno cya Kim Kardashian nawe uri mubakunzwe cyane ku isi. Nk’uko ikinyamakuru Daily Mail na New York Post bibitangaza urupfu rw’uyu munyamideli rwababaje abantu benshi biganjemo inshuti ze z’abanyamideli,...
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatumijeho Perezida w’ikipe ya Kiyovu Sport, Mvukiyehe Juvenal azira miliyoni 19 z’u Rwanda, z’uwitwa Muhirwa Prosper. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 Ukuboza 2020, nibwo hamenyekanye amakuru avuga itabwa muri yombi rya Mvukiyehe Juvenal uyobora ikipe ya Kiyovu Sport kubera amafaranga atari aye yari yanze gusubiza. Impamvu yo gutabwa muri...
Umukinnyi wa Filimi z’urukozasoni yifurije James Rodriguez uherutse kwangirika udusabo tw’intanga gukira vuba:INKURU
Umukinnyi wa Filimi z’urukozasoni yifurije James Rodriguez uherutse kwangirika udusabo tw’intanga gukira vuba, Abakunzi ba Eberton yatangiye neza Premier League bababajwe nuko umukinnyi wayoboraga umukino wabo James Rodriguez yangiritse ku dusabo tw’intanga [amabya] ubu akaba ari kwivura akoresheje imashini yabigenewe. Uyu mukinnyi uyobora umukino wa Everton,yakiniye ku buribwe mu mukino iyi kipe iherutse gutsindwa na...
Filme Ubutumwa bugufi mukunda ubu igeze ku gice cya 42/ Dore abakobwa beza bayikinamo:AMAFOTO>>
NKUKO TWAGIYE TUBAGEZAHO FILME UBUTUMWA BUGUFI KUVA YATANGIRA UYU MUNSI IGEZE KU GICE CYA 42 SO1 IYI FILME KUBERA UBUTUMWA BWINSHI BUYIRIMO ABANTU BENSHI NTABWO BAJYA BABASHA GUSOBANUKIRWA MESSAGE ITANGA. ARIKO MU KIGANIRO TWAGIRANYE NA BAMWE MU BAKINNYI BAYO UWITWA GODANCE GOGO YATUBWIYE KO KUMENYA NEZA ICYO IYI FILME IVUGA BISABA KUREBA IBICE BYAYO BYOSE...
Jose Chameleone yahamagajwe n’urukiko kubera Imodoka yijije muri Uganda muburyo bwamanyaga:INKURU>>
Urukiko rushinzwe kurwanya ruswa muri Uganda rwahamagaje umuhanzi Joseph Mayanja wamamaye mu muziki nka Dr Jose Chameleone, aho ashinjwa kwinjiza imodoka mu gihugu mu buryo butemewe. Ku rupapuro rusaba Chameleone kwitaba hagaragaraho ko ku wa 30 Nyakanga agomba kujya gutanga ibisobanuro kuri uru rukiko ruherereye mu gace ka Kololo. Ari gukurikiranwaho kuzana ibicuruzwa mu gihugu...
AMAKURU NYAYO,Wumva Zari ko arumukire ukagirango nukubeshya Dore imodoka zihenze atunze:AMAFOTO>>
Umunyamideli akaba na rwiyemezamirimo, Zari Hassan ni umwe mu bagore bafite agatubutse bakomoka muri Uganda ndetse bikaba bigaragarira mu mitungo ye nk’amazu ndetse n’imodoka zihenze akunze gushyira ahagaragara yifashishije urubuga rwe rwa instagram. Zari kuri ubu wibera muri Afurika y’Epfo ,yigeze kukanyuzaho mu rukundo n’umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz, gusa baje gutandukana bamaze kubyarana abana babiri....
Filme Ubutumwa Bugufi/Episode ya 10 yasohotse,Vd Nicole aramuhata ibibazo,Kaboss abakobwa baramusuye arishama:AMAFOTO>>>
Filme yuruhererekane yitwa UBUTUMWA BUGUFI, Episode ya 10 yasohotse iyi filme twababwiye kenshi ubusobanuro bwayo ubu tuzajya tubagezeho Amafoto ya bakinnyi ndetse na filme nshya yasohotse ubundi muzajya muyikurikiranira kuri Channel yacu ya RwandapaparazziTV nkuko bisanzwe. REBA FILME UBUTUMWA BUGUFI EPISODE YA 10> REBA AMAFOTO YA BAKINNYI BOSE HANO>>> POSTED BY KABANDA JOSEPH KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV...
Birarangiye Trump yahagaritse imikoranire ya Amerika na OMS ashinja kuba igikoresho cy’Ubushinwa: INKURU HANO>>>>
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko yahagaritse imikoranire iki gihugu cyari gifitanye n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO). Perezida Trump ashinja OMS kunanirwa gukurikirana Ubushinwa mu buryo bwitwaye ku cyorezo cya coronavirus. Ubwo yatangazaga ingamba zigamije guhana Ubushinwa, Bwana Trump yagize ati: “Ubushinwa bugenzura ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima...