Pasiteri akaba n’umuhanuzi witwa Alec Ndiwane ukuriye itorero rya Zion Christian Church yahuye n’uruva gusenya ubwo yajyaga muri pariki agakinisha intare zarimo zirya umuhigo birangira imwe imurumye ikibuno. Uyu mupasiteri yabwiye abayoboke be ko Imana yamuhaye ubushobozi bwo guturisha intare niko kuzisanga muri pariki yitwa Kruger National Park iherereye muri Afurika y’Epfo atangira kuzikinisha imwe...
Breaking News:
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Ng’uyu umukobwa wari ukunzwe cyane kuri Instagram akurikirwa na Miliyoni13″ yapfuye nyuma kuva kwiyongeresha ikibuno ashaka gukuba 2 icya Kim Kardashian[AMAFOTO]
Wa mukobwa ucuruza agataro ufite imitere y’umubiri idasanzwe yongeye gusaza abasore kubera akajipo yagaragaje yambaye[AMAFOTO]>>>>
Perezida wa Kiyovu Sport yanze gusubiza miliyoni 19 zayobeye kuri Konti ye: REBA HANO>>>>
Nimuntora muzongera kurongora Abanyarwandakazi – REBA HANO>>>
Agahinda ni kose kuri Orlando Hernandez umugabo ufite ibirenge binini ku isi ugorwa no kubona inkweto yambara: REBA HANO>>>>
BADRAM WARUMAZE IMINSI AKINA FILME AKABA ARIWE UNAYOBORA THE MANE YASUBIYE USA FILME IRAHAGARARA,KEZA NAWE YARAVUNITSE:INKURU>>
BIRAVUGWA KO HASHIZE IMINSI 3 BUTERA KNOWLESS YIBARUTSE UNDI MWANA!!! INKURU HANO>>
UMWAMI WA SOCIAL MEDIA MU RWANDA NO KW’ISI ARIWE YAKA MWANA UKINA COMEDY AKANAKINA FILME YARAYE AKOZE UBUKWE NA KEZA:AMAFOTO
amafoto y’abastar Nyarwanda batandukanye 2009 kujyeza 2012 uko bari bameze icyo gihe Dore Shaddyboo uko yasanga:AMAFOTO>>
YA NKURU YA THE BEN KO ATAZASUBIRA MURI AMERICA YABAYE IMPAMO!! KUBERA IKI RERO? INKURU
UMUKOBWA W’IRWAMAGANA UZWI NKA YOLO THE QUEEN AKOMEJE KWEMEZA KO ARIWE WA MBERE MU RWANDA UTEYE NEZA KURUSHA ABANDI:AMAFOTO>>
PARTY 2 YA MAFOTO YAGACISHIJEHO MU MYAKA ISHIZE AHO WABONAGA ABAKOBWA BADASANZWE MU BIRORI BITANDUKANYE:AMAFOTO>
Ibihumbi by’abasirikare bari barafashwe bugwate babohojwe:AMAFOTO>>>
NUBWO COVID19 IGIHARI ARIKO HARI UTUBYINIRO DUKORA NDETSE HABYINAMO ABAKOBWA BAMBAYE UBUSA:AMAFOTO>>
YANDAGAJWE N’UMUBESHYA KO AMUKUNDA MAZE AMAFOTO YE YAMBAYE UBUSA AYASANGA KU MBUGA ZA INTERNET:AMAFOTO>>>
Author: Chaba Ally Promo (VD Frank)
Nyamagabe: Imodoka ya gisirikare yagonganye n’ikamyo yangirika mu buryo bukomeye:IFOTO>>
Imodoka ya gisirikare yo mu bwoko bwa Land Cruiser yagonganye n’ikamyo yangirika mu buryo bukomeye, ubwo zari zigeze mu Murenge wa Gasaka mu Karere ka Nyamagabe, ariko Imana ikinga ukuboko ntihagira umuntu uhasiga ubuzima. Iyi mpanuka yabaye ahagana saa kumi n’igice zo ku wa mbere tariki ya 8 Nyakanga 2019. Abayibonye bavuga ko abantu bose...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa ku makuru yakomeje kuvugwa ko Umuyobozi mushya waje kuyobora iyi Gereza ngo yahagaritse ibibari bya barwayi basanzwe bagemurirwa yAbihakanye Yivuye Inyuma:INKURU>>>
Abagororwa 28 bo muri gereza ya Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakurikiranyweho kwigomeka ku mategeko ya gereza ubwo babuzazaga bagenzi babo bari bagiye kujya hanze mu mirimo nyongera musaruro. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, RCS, SSP Hilary Sengabo yabwiye Rwandapaparazzi.rw/ ko uku kwigomeka kwabaye mu masaha ya mu gitondo kuri uyu Kabiri. Yamaganye amakuru...
Umugore yabimburiye abandi kwemeza ko azahatanira kuyobora Uburundi umwaka utaha:INKURU>>>
Ishyaka rya APDR ryatangaje ko rizahagararirwa n’umunyamuryango waryo witwa Fidelite Nibigira mu matora ya perezida wa Repubulika azaba mu mwaka wa 2020 aho byitezwe ko Pierre Nkurunziza ataziyamamaza. Nubwo bidasanzwe ko abagore bahatanira kuyobora igihugu cy’Uburundi,Fidelite Nibigira yiyemeje kuziyamamaza agatanga umusanzu mu kubaka igihugu cy’ Uburundi cyaranzwe n’intambara mu myaka yashize zitewe na Politiki. Nubwo...
Ange Kagame yatatse umugabo we bashyingiranywe akoresheje amagambo yo muri Bibiliya arimo imotoma byiza:INKURU>>>
Umukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana ukuntu anejejwe n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma. Mu magambo yacishije ku rubuga rwe rwa Twitter,Ange Kagame yagize ati “Nabonye uwo ubugingo bwanjye bukunda.Indirimbo ya Salomo 3:4.” Ange Kagame w’imyaka 25,...
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga wa Uganda:INKURU>>>
Ikinyamakuuru Chimpreports cyatangaje ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga wa Uganda Sam Kutesa wari witabiriye ibirori byo kwizihiza ku nshuro ya 25 umunsi mukuru wo kwibohora. Ibi biganiro byabereye muri Kigali Convention Center tariki 3 Nyakanga 2019, ni ku wa Gatatu w’ icyumweru gishize. Iki kinyamakuru...
Umunyarwanda yakoze robot ifite ubushobozi buhambaye burimo no gutwara imodoka:Inkuru
Umunyarwanda Nsengiyumva Janvier wo mu karere ka Nyanza yakoze robot ifite ubushobozi bwo gutwara imodoka, kwigisha abanyeshuri, gutanga serivise no kuganira n’ abantu mu ndimi zirimo Ikinyarwanda, Icyongereza n’ Igifaransa. Mu kiganiro Nsengiyumva yagiranye n’ Ikinyamakuru UKWEZI kuri uyu wa 29 Kamena 2019, yavuze ko iyi robot yatangiye kuyikora muri Werurwe uyu mwaka. Mu imurikabikorwa...
Shaddyboo yatumiwe mu gitaramo gikomeye i Bujumbura: Inkuru
Mbabazi Shadia [Shaddyboo], umwe mu banyarwandakazi bazwiho gukoresha imbuga nkoranyambaga cyane nka Instagram, yatumiwe mu gitaramo gikomeye cya Instagram Party kizabera mu mujyi wa Bujumbura mu mpera z’ukwezi gutaha. Iki gitaramo cy’abakoresha Instagram [Instagram Party] kizaba tariki ya 20 Nyakanga 2019 kibere mu murwa mukuru w’u Burundi, Bujumbura. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Shaddyboo...
Iwacu Muzika Festival: Riderman n’Igisupusupu bakoreye amateka I Rubavu (AMAFOTO)
Nyuma yo kuva i Musanze yerekanye ko amaze kwigarurira imitima y’abantu benshi muri muzika nyarwanda, Nsengiyumva Francois uzwi nk’Igisupusupu, i Rubavu yongeye kwerekana ko ari umuhanzi ukomeye, ni mu gihe Riderman yagaragaje ko rap iyoboye izindi njyana. Hari ku munsi wa kabiri w’ibitaramo by’iserukiramuco rya muzika ‘Iwacu Muzika Festival’ birimo kuzenguruka igihugu, nyuma yo kubanziriza...