Intumwa z’u Rwanda zirangajwe imbere na Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, zageze muri Uganda aho zitabiriye ibiganiro bihuza u Rwanda na Uganda, ku ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro ikubiye mu masezerano ya Luanda muri Angola. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, aherekejwe na Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye, Minisitiri w’Ubutegetsi...
Breaking News:
Muri Kenya umujyi wa Nairobi washyizwe mu kato: INKURU>>
Yatawe muri yombi Sebahutu Celestin w’imyaka 50: INKURU>>
Yitabye imana umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo-Brazzaville: Inkuru>>
Ingabire Grace yegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2021-AMAFOTO
Tombola y’uburyo amakipe azahura muri ¼ cya UEFA Champions League yabereye i Nyon mu Busuwisi: REBA HANO>>
Samia Suluhu Hassan Amaze kurahirira kuba perezida wa gatandatu wa Tanzania w’Umugore mukarere:AMAFOTO>>
Agiye kurahira Samia Hassan Suluhu ugomba gusimbura nyakwigendera Magufuri: INKURU>>
Ibyaranze ubuzima bwa nyakwigendera perezida Magufuri:
Aba tanzania ati ‘tubuze uwo twari dushingiyeho’, abandi bati: ‘nta byiza azibukirwaho’ INKIRU>>
Breaking news:Perezida magufi yitabye Imana……………
Rihanna yaguze inzu y’igitangaza maze ahamyako y’ifuza Umugabo bayibanamo:AMAFOTO>>
UDUFOTO TWA BAHANZI UKO BARI BAMEZE MU MYAKA YASHIZE REBA MICO THE BEST UYU MUNSI NA BANDI:AMAFOTO>>
Ibihugu bya Africa birahumurizwa ku rukingo rwa Oxford-AstraZeneca
Saido Berahino ukinira Charleroi bamusanzemo Covid-19: INKURI>>>>
Joe Biden yiseguye ku bw’abasirikare bafotowe basinziriye muri parikingi INKURU>>>>>
Inkuru y’Umunyarwandakazi urinda First Lady Wa Centra africa: REBA HANO>>>
Nyuma y’ibihembo Yaka mwana na Keza bahawe ejo bakoze ibirori bikomeye byitabirwa na bakobwa magana barya Inyama bazicuranwa!!!! AMAFOTO
Ikigo Dynapharm cyifatanyije n’urubyiruko rw’abakorerabushake (Nyabugogo Gare) mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 (AMAFOTO)
Perezida Kagame yasabye ko gushyira abantu mu byiciro bishya by’ubudehe bigomba gukorwa mu mucyo ku bufatanye n’abaturage: [INKURU]>>>>
Author: Chabba Ally (Chabba Ally)
Umunyarwandakazi Uwitonze Sonia wabaye Miss France yakomoje ku marangamutima yagize ubwo yambikwaga iri Kamba n’ingorane yanyuzemo mu bihe bitandukanye nyuma y’ikamba
Umunyarwandakazi Sonia Rolland Uwitonze wabaye Miss France mu mwaka wa 2000, yakomoje ku marangamutima yagize ubwo yambikwaga iri Kamba, n’ingorane yanyuzemo mu bihe bitandukanye nyuma yo kwegukana ikamba. Imyaka igera kuri 20 irashize uyu mukobwa yegukanye ikamba, n’ubwo benshi batandukanye mu bufaransa batiyumvishaga neza ukuntu umwari w’umwirabura ashobora guhigika abazungukazi akabatwara ikamba. Ku italiki ya...
Umubyinnyikazi w’uburanga yahishuye amagambo y’ibanga yabwiwe na Harmonize
Umubyinnyi wamamaye muri Tanzania nka Lynn yavuze ku magambo yabwiwe n’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava Harmonize akaba ariyo magambo avuga ko yagize uruhare mu iterambere rya muzika ye. Uyu mukobwa yavuze ko mu bahanzi bose yahuye nabo bakaganira Harmonize ariwe wamubwiye amagambo yamugiriye akamaro “Ni wowe kintu kinini kiri imbere”, aya magambo Lynn ahamya ko...
Zari yasuzuguye bikomeye Diamond uheruka kugurira umugore we ’Tanasha’ Telefone igura akayabo k’amafaranga y’u Rwanda,we ayigurira abana be
Umuherwekazi Zari wabyaranye na Diamond Platnumz umwana yaguriye abana be telephone ihenze cyane isa neza n’iyo Platnumz aheruka kugurira umugore we Tanasha Donna bari kumwe ubu banaheruka kubyarana umwana. iPhone 11 Pro ni telephone ihenze cyane ikorwa n’uruganda rwa apple, iyi ikaba yagaragaje agapingane hagati ya Diamond Platnumz na Zari ubwo yayiguriraga abana be babiri,harimo...
Zlatan Ibrahimovic yatangaje umukinnyi akunda kurusha Cristiano Ronaldo na Messi
Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic utagira ikipe nyuma yo kuva mu ikipe ya Los Angeles Galaxy yavuze ko akunda cyane imikinire ya rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappe ndetse ngo uyu musore ukiri muto amurutira Messi na Ronaldo. Uyu munya Sweden,yabwiye ikinyamakuru The Mirror ko yakozwe ku mutima n’imikinire ya Mbappe ukomeje kunyeganyeza inshundura ndetse kuri we ngo niwe...
Kuri uyu wa “5” Bruce Melody Mugitaramo cyateguwe na “RSJF”: [INKURU]>>>>
Itahiwacu Bruce “Bruce Melodie” Ukunzwe n’abatari bacye mu Rwanda yongerewe ku rutonde rw’abahanzi bazaririmba mu gitaramo cyo kumurika Ihuriro ry’Abanyamakuru b’Imyidagaduro mu Rwanda, ” “Rwanda Showbiz Journalist Forum” kizaba kuri uyu wa gatanu 06/12/2019 Bruce Melody aje yiyongera ku bandi bahanzi bazaririmba muri iki gitaramo barimo, “Tom Close, Riderman, Andy Bumuntu, Uncle Austin, Alyn Sano,...
Miss Rwanda2020: amatariki yo gutoranya abazahatana, yamenyekanye: [REBA HANO]>>>>
Akana gashinzwe gutegura amarushanwa ya Miss Rwanda mu minsi ishize nibwo kamenyesheje abakobwa bose baba mu rwanda ko kwiyandikisha mu irushanwa rya Miss Rwanda byamaze gutangira, kuri ubu abategura iri rushanwa bashyize hanze gahunda y’amajonjora y’ibanze yo gushaka abazahagararira buri ntara bamwe baturukamo. Miss Rwanda ni irushanwa rimaze kwamamara cyane mu gihugu aho umukobwa uryegukanye...
Nyuma yo gusambanya abana batumva abapadiri bakatiwe gufungwa imyaka irenga 40
Urukiko muri Argentine rwakatiye abapadiri babiri bo muri Kiliziya Gatolika igifungo cy’imyaka irenga 40 kubera gusambanya abana batumva bo ku ishuri rya Kiliziya Gatolika ndetse ibyo bihano ntibishobora kujuririrwa. Horacio Corbacho na Nicola Corradi n’umukozi ukora mu busitani, bahamwe n’icyaha cyo gusambanya no guhohotera abo bana bo ku ishuri ryo mu ntara ya Mendoza kuva...
Marina na Safi Madiba bashyize hamwe imbaraga bagira impano bagenera abakunzi babo
Umuhanzikazi Marina na Safi Madiba abahanzi bose babarizwa muri The Mane Music Label iyobowe na Bad Rama bashyize hamwe imbaraga bagira impano bagenera abakunzi babo ndetse bikaba bivugwa ko iyi mpano babageneye bwari ubusabe bw’abafana babo. Marina na Safi Madiba bishyize hamwe bashyira hanze indirimbo nshya yitwa “True love” indirimbo bivugwa ko yakozwe kubera ubusabe...
Young Grace nyuma yo kwibaruka imfura ye yagize icyo atangariza abakunzi be bari bamutegeranyije amatsiko
Umuhanzikazi Young Grace nyuma yo kwibaruka imfura ye ndetse akamara n’igihe abakunzi be bamutegeranyije amatsiko mu muziki yagize icyo atangaza ndetse anabahishurira ko ubu yakomeje umuziki ndetse ko abakunzi be bashonje bahishiwe kuko abafitiye byinshi ateganya kubagezaho mu minsi ya vuba. Young Grace umwe mu bahanzi Nyarwanda bamaze kwigarurira imitima ya benshi gusa uyu muhanzikazi...