Kuruyu wa 21 nyakanga nkuko byari biteganijwe ni ibirori bishimishije cyane Ikigali ahazwi nka Eto Kicukiro, aho abantu barimo kwirebera amarushanwa mbonekarimwe y’amamodoka ashaje akaba ari ibirori byitabiriwe n’inganda z’amamodoka zitandukanye.
Uruganda rumaze igihe kitari cyinini cyane rusinyanye amasezerano y’imikoranire na Guverinoma y’u Rwanda Volkswagen, imodoka zabo kugezubu nizo zikomeje kwanikira izindi mubwinshi aho barimo kwerekana imodoka z’ubwoko butandukanye za cyera ndetse zikomeye kurusha izindi.
REBA AMAFOTO
Posted by Emmy ivomero Tuyishimire kuri Rwandapaparazzi.rw/
116,300 total views, 50 views today